issa
Perezida wa Taiwan yifuza kuganira na Trump

Perezida wa Taiwan yifuza kuganira na Trump

May 21, 2026 - 10:30
 0

Mu ruzinduko rw'iminsi ibiri Perezida Trump yagiriye mu Bushinwa, mugenzi we Xi Jinping yamubwiye ko akwiriye kwitondera ikibazo cya Taiwan.


Perezida wa Taiwan William Lai Ching-te yavuze ko yifuza ibiganiro na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump. Taiwan imaze imyaka 40 itaganira n’Amerika. Ni ukuvuga ko Leta ya Washngton n’iya Taipei mu 1979. Ubushinwa buvuga ko ikirwa cya Taiwan ari igice cy’igihugu ariko ntabwo bigeze bakoresha imbaraga za gisirikare mu kwigarurira ako gace.

Perezida Trump nawe ku wa gatatu tariki 20 Gicurasi 2026 yavuze ko yifuza kuganira na Lai William ariko yagaragaje ko Amerika igomba kubanza gucuruza intwaro muri Taiwan. Imibare yerekana ko Amerika izagurisha imbunda muri Taiwan zifite agaciro ka miliyali $14. Taiwan yiringira ubwirinzi bw’Amerika igihe cyose Ubushinwa bwaba buyigabyeho igitero cy’intambara.

Perezida wa Taiwan yifuza kuganira na Trump

May 21, 2026 - 10:30
 0
Perezida wa Taiwan yifuza kuganira na Trump

Mu ruzinduko rw'iminsi ibiri Perezida Trump yagiriye mu Bushinwa, mugenzi we Xi Jinping yamubwiye ko akwiriye kwitondera ikibazo cya Taiwan.


Perezida wa Taiwan William Lai Ching-te yavuze ko yifuza ibiganiro na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump. Taiwan imaze imyaka 40 itaganira n’Amerika. Ni ukuvuga ko Leta ya Washngton n’iya Taipei mu 1979. Ubushinwa buvuga ko ikirwa cya Taiwan ari igice cy’igihugu ariko ntabwo bigeze bakoresha imbaraga za gisirikare mu kwigarurira ako gace.

Perezida Trump nawe ku wa gatatu tariki 20 Gicurasi 2026 yavuze ko yifuza kuganira na Lai William ariko yagaragaje ko Amerika igomba kubanza gucuruza intwaro muri Taiwan. Imibare yerekana ko Amerika izagurisha imbunda muri Taiwan zifite agaciro ka miliyali $14. Taiwan yiringira ubwirinzi bw’Amerika igihe cyose Ubushinwa bwaba buyigabyeho igitero cy’intambara.