issa
Umugore yafatanywe umurambo w'umwana we akekwaho kwica yawushyize mu ivalisi

Umugore yafatanywe umurambo w'umwana we akekwaho kwica yawushyize mu ivalisi

Mar 29, 2026 - 09:46
 0

Umugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi afite umurambo w'umwana we, bikavugwa ko yamwishe umurambo akawushyira mu ivalisi.


Uwo mugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi mu Ntara ya Butanyerera, mu gito cyo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2026. Amakuru avuga ko yari afite umurambo w'umwana we uri mu ivarisi  nkuko tubikesha Jimbere Magazine.

 Abaturage bavuga ko uwo mugore uri mu kigero cy'imyaka 20, yishe umwana we w'imyaka ibiri, umurambo we awushyira mu ivalisi arayifunga . ‎

 Amakuru avuga ko Abaturage baturanye n'uwo muryango aribo bamufashe bamushyikiriza Polisi ikorera mu mujyi wa Ngozi. Inzego z' umutekano zatangiye iperereza kugirango hamenyekane icyatumye uwo mugore yica umwana we ndetse n'icyatumye umurambo awushyira mu ivalisi. ‎

 ‎ubuyobozi bwasabye abaturage kujya bihutira gutanga amakuru igihe hagaragara ibimenyetso by'ibikorwa by'ubugizi bwa nabi. ‎ ‎ ‎

Umugore yafatanywe umurambo w'umwana we akekwaho kwica yawushyize mu ivalisi

Mar 29, 2026 - 09:46
Mar 29, 2026 - 09:45
 0
Umugore yafatanywe umurambo w'umwana we akekwaho kwica yawushyize mu ivalisi

Umugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi afite umurambo w'umwana we, bikavugwa ko yamwishe umurambo akawushyira mu ivalisi.


Uwo mugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi mu Ntara ya Butanyerera, mu gito cyo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2026. Amakuru avuga ko yari afite umurambo w'umwana we uri mu ivarisi  nkuko tubikesha Jimbere Magazine.

 Abaturage bavuga ko uwo mugore uri mu kigero cy'imyaka 20, yishe umwana we w'imyaka ibiri, umurambo we awushyira mu ivalisi arayifunga . ‎

 Amakuru avuga ko Abaturage baturanye n'uwo muryango aribo bamufashe bamushyikiriza Polisi ikorera mu mujyi wa Ngozi. Inzego z' umutekano zatangiye iperereza kugirango hamenyekane icyatumye uwo mugore yica umwana we ndetse n'icyatumye umurambo awushyira mu ivalisi. ‎

 ‎ubuyobozi bwasabye abaturage kujya bihutira gutanga amakuru igihe hagaragara ibimenyetso by'ibikorwa by'ubugizi bwa nabi. ‎ ‎ ‎