issa
Gakumba uzwi nka Super Manager yagizwe umuvugizi w'ikipe ya chelsea mu Rwanda

Gakumba uzwi nka Super Manager yagizwe umuvugizi w'ikipe ya chelsea mu Rwanda

Mar 31, 2026 - 10:33
 0

Umugabo witwa Gakumba Patrick ukora akazi ko kugurisha abakinnyi uzwi ku zina rya Super Manager, yatorewe kuba Brand ambassador n'umuvugizi w'ikipe ya Chelsea


Abakunzi ba Chelsea mu Rwanda babwiye UKWELITIMES, ko kuba Gakumba Patrick yagizwe umuvuguzi wa chelsea, bizatuma ikipe yabo irushaho gikundwa no kumenyekana cyane mu Rwanda.

Nyampinga Aline yagize ati " Kuba azwi gusa byo byonyime bizatuma n'abamukurikira bose baba abakunzi b'ikipe yacu nidufashe guhangana n'abandi, rero urumva ko bifite akamaro."

Gakumba Patrick nyuma yo kugirwa umuvugizi wa Chelsea mu Rwanda, yabwiye UKWELITIMES, ko azayifasha mu bintu bitandukanye.

Ati " Ngiye gituma irushaho kemunyekana nkoresheje izina ryanjye kandi nzi ko byose tuzabigeraho."

Muri uyu muhango abakunzi na Chelsea mu Rwanda bishimiye ko ubu basigaye bafatwa nka bagenzi babo mu Bwogereza  nyuma yo kubona ibyangombwa bibibemerera.

Uretse kuba bakunda bakanashyigikira chelsea, abakunzi b'iyi kipe, bajya banakora ibikorwa bitandukanye byo kubaka mo giteza Imibereho igihugu, nirimo gukora, umuganda,kwishyurira mituweli abatishoboye n'ibindi.

Gakumba uzwi nka Super Manager yagizwe umuvugizi w'ikipe ya chelsea mu Rwanda

Mar 31, 2026 - 10:33
Mar 31, 2026 - 14:25
 0
Gakumba uzwi nka Super Manager yagizwe umuvugizi w'ikipe ya chelsea mu Rwanda

Umugabo witwa Gakumba Patrick ukora akazi ko kugurisha abakinnyi uzwi ku zina rya Super Manager, yatorewe kuba Brand ambassador n'umuvugizi w'ikipe ya Chelsea


Abakunzi ba Chelsea mu Rwanda babwiye UKWELITIMES, ko kuba Gakumba Patrick yagizwe umuvuguzi wa chelsea, bizatuma ikipe yabo irushaho gikundwa no kumenyekana cyane mu Rwanda.

Nyampinga Aline yagize ati " Kuba azwi gusa byo byonyime bizatuma n'abamukurikira bose baba abakunzi b'ikipe yacu nidufashe guhangana n'abandi, rero urumva ko bifite akamaro."

Gakumba Patrick nyuma yo kugirwa umuvugizi wa Chelsea mu Rwanda, yabwiye UKWELITIMES, ko azayifasha mu bintu bitandukanye.

Ati " Ngiye gituma irushaho kemunyekana nkoresheje izina ryanjye kandi nzi ko byose tuzabigeraho."

Muri uyu muhango abakunzi na Chelsea mu Rwanda bishimiye ko ubu basigaye bafatwa nka bagenzi babo mu Bwogereza  nyuma yo kubona ibyangombwa bibibemerera.

Uretse kuba bakunda bakanashyigikira chelsea, abakunzi b'iyi kipe, bajya banakora ibikorwa bitandukanye byo kubaka mo giteza Imibereho igihugu, nirimo gukora, umuganda,kwishyurira mituweli abatishoboye n'ibindi.